Ikipe y’Igihugu y’abatarengeje imyaka 20 mu mupira w’amaguru, yatangiye CECAFA inyagirwa na Tanzania ibitego bitatu ku busa.
Muri Tanzania kuva kuri uyu wa Kabiri harimo kubera CECAFA y’abatarengeje imyaka 20 mu gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2027.
U Rwanda rwisanze mu itsinda rimwe na Ethiopia na Tanzania yakiriye irushanwa ntabwo rwatangiye neza.
Umukino warwo wa mbere rwanyagiwe na Tanzania ibitego 3-0 byose batsinzwe mu gice cya mbere.
U Rwanda ruzagaruka mu kibuga tariki ya 17 Nzeri 2026 rukina na Ethiopia saa saba za Kigali mu Rwanda.
Kuwa 16-09-2026
AG Promoter na Micky mu byishimo byo kwibaruka imfura yabo
Kuwa 16-09-2026
Amarangamutima ya Marina Deborah wahawe imodoka nziza n’umukunzi we
Kuwa 15-09-2026
Yakuyemo impeta arayimusubiza! Uko Lynda na Christion bashwanye bikomeye mbere gato y’ubukwe
Kuwa 14-09-2026
Micky yihanganishije Ishimwe Vestine weruye ko yasabye gatanya
Kuwa 14-09-2026
Sheebah Karungi yahishuye uko yagiye gusenga akabikubitirwa