Nyampinga w’u Rwanda 2015, Kundwa Doriane yibarutse imfura ye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu.
Miss Kundwa Doriane wakunze kugira ibanga ubuzima bwe bw’urukundo, mu minsi yashize nibwo yakorewe ibirori byo kwitegura kwakira umwana bizwi nka ’Baby Shower.’
Nyuma yo kuba Nyampinga w’u Rwanda wa 2015, umwaka wakurikiyeho yahise ajya gutura muri Canada aho yagiye agiye kwiga.
Mu mwaka ushize akaba yari mu Rwanda aho yari yaje gusura inshuti, abavandimwe no kubonana n’umukunzi we uba mu Rwanda.
Muri uyu mwaka wa 2026 nibwo yahawe impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu bijyanye n’Ubuzima, Bachelor of Health Sciences, muri Ontario Tech University.
Kuwa 19-09-2026
Bya bihe! Ibihe bigenda n’ibya byo twibukiranye amwe mu mategeko yagengaga umupira wa karere
Kuwa 19-09-2026
Amahitamo y’abakinnyi akora, ikibazo cya Elidinho, Djingarey… Kwibanda ku makipe yo hanze – Haringingo yavuze
Kuwa 18-09-2026
Umushinga wa FERWAFA na RPL w’abakinnyi bato ku rupapuro rw’umukino ntiwaba ukenewemo ikirungo?
Kuwa 18-09-2026
Aratoneshwa kuko ari amakipe makuru, gutsinda Rayon uraryama ukaruhuka neza - Camarade
Kuwa 17-09-2026
Rayon Sports yatangiye Shampiyona igwa miswi na Sunrise FC